News
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye ibirori by’irahira rya Perezida wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, byabereye kuri Stade d’Angondjé iri i Libreville mu Murwa Mukuru w’iki gihugu.
Corporal Chantal Bampire ubarizwa mu Ngabo z’u Rwanda, aho amaze imyaka 9 atwara imodoka z’intambara, ashima ko Igihugu gitanga amahirwe angana ku bahungu n’abakobwa mu mirimo yose irimo no gucunga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango Unity Club Intwararumuri washimangiye ko bo nk’abayobozi bazakomeza kwigisha abakiri bato icyo gutwara urumuri ...
Ikigo gishinzwe mine, peteroli na gazi mu Rwanda (RMB) cyashyize ahagaragara igitabo cyiswe “Pitchbook”, kigaragaza ibice byavumbuwemo amabuye y’agaciro, kinahamagarira abashoramari babishoboye ...
Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko iri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika bigamije kwakira impunzi n'abimukira, ...
Igice cya kabiri Police HC yaje irusha cyane iya Ethiopia kuko yinyije ibitego 21 naho iya Ethiopia yinjiza ibitego 10.
Ingingo yo gutwitira undi ikomeje kuzamura impaka n’ibitekerezo binyuranye mu gihe Komisiyo y’imibereho y’abaturage mu mutwe w’Abadepite, ikomeje gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga serivisi ...
Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
Umuryango Heifer International Rwanda binyuze mu irushanwa ‘AYuTE Africa Challenge’ rya 2025, wahembye miliyoni 50 Frw, ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bafite imishinga myiza y’ikoranabuhanga mu ...
U Rwanda rwinjiye mu masezerano y’imikoranire na Atletico Madrid, Ikipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Espagne. Kuri uyu wa Gatatu, ni bwo Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere, RDB, ...
Bamwe mu borozi b’inka bo mu Karere ka Gatsibo barishimira ko batangiye kubona impinduka mu bworozi bwabo, nyuma yaho Leta ibakanguriye kororera mu biraro. Bavuga ko byatangiye kubateza imbere ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results