News

Corporal Chantal Bampire ubarizwa mu Ngabo z’u Rwanda, aho amaze imyaka 9 atwara imodoka z’intambara, ashima ko Igihugu gitanga amahirwe angana ku bahungu n’abakobwa mu mirimo yose irimo no gucunga ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye ibirori by’irahira rya Perezida wa Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema, byabereye kuri Stade d’Angondjé iri i Libreville mu Murwa Mukuru w’iki gihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango Unity Club Intwararumuri washimangiye ko bo nk’abayobozi bazakomeza kwigisha abakiri bato icyo gutwara urumuri ...
Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ryatangiye gukinwa kuri ...
Ikigo gishinzwe mine, peteroli na gazi mu Rwanda (RMB) cyashyize ahagaragara igitabo cyiswe “Pitchbook”, kigaragaza ibice byavumbuwemo amabuye y’agaciro, kinahamagarira abashoramari babishoboye ...
Haringingo asize Bugesera FC yaramaze gusezererwa mu mikino y’Igikombe cy’Amahoro ndetse muri Shampiyona iri ku mwanya wa 15, ...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ku mbuga nkoranyambaga. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, ubwo ...
Abadepite bagize komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Ku rwanya Jenoside basabye Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura, RMC, gukemura ikibazo cya bamwe mu banyamakuru batangaza ...
Urubyiruko rusaga 1000 n’abayobozi mu nzego zinyuranye bahuriye mu Intare Conference Arena, ahagiye kubera Ihuriro Ngarukamwaka ry’Urubyiruko rizwi nk’Igihango cy’Urungano. Ibi biganiro kandi ...